KWIYIRIZA UBUSA:URUFUNGUZO RW’IMBARAGA Z’IMANA MU BUGINGO BWAWE. (DEREK PRINCE)

27/05/2012 02:30

INTEGO NYAMUKURU YO KWIYIRIZA UBUSA

 

 Urufunguzo rwatakaye rw’ubuzima bw’umukirisito rugaragara muri Bibiliya rwashyizwe ku ruhande rushyirwa mu mwanya utari uwarwo n’itorero ry’iki gihe. Urwo rufunguzo ni ukwiyiriza ubusa.

Kwiyiriza ubusa ngerageje kubisobanura ni ukwiyima ibyo kurya ku mpamvu z’ibyo umwuka. Rimwe na rimwe abantu ntabwo biyiriza ubusa ku biryo ahubwo bashobora no kwiyiriza ubusa ku mazi. Ariko iryo si itegeko ahubwo ni ubundi buryo bishobora gukorwa.

Kwiyiriza ubusa ku biryo bigaragara muri Bibiliya aho Yesu yabikoze ubwo yiteguraga gutangira umurimo w’ubutumwa bwe bwiza kuri iyi isi.

Soma Matayo 4.2

Ubwo iki cyandiswe kitatubwiye ko nyuma y’amajoro n’iminsi 40 yagize inyota ni ibitwereka ko Yesu we yiyirije ubusa ku biryo.

Kwiyiriza ubusa ni ibintu bidasanzwe kuri bamwe ntawabura no kuvuga ko bitera ubwoba abandi. Ariko rero gutekereza gutya ntigukwiye. Abantu b’Imana bakunze kugira uyu mugenzo mwiza urebye hari ingero nyinshi muri Bibiliya.

Kwiyiriza uzasnga n’andi madini atari aya Gikirisitu abikora. Urugero: abahinduyisime,ababudisite n’abayisilamu.

Kwiyiriza ubusa ko guca bugufi

Intego yo kwiyiriza ubusa ni ukwicisha bugufi. Ni uburyo bugaragara mu byanditswe bwo kwicisha bugufi imbere y’Imana. Mu byanditswe Imana igenda isaba ubwoko bwayo guca bugufi imbere yayo. Hari ibyanditswe byinshi bishimangira ibi ngibi. Reka dutange ingero 4 za bimwe muri byo.

Soma

Matayo  18:4 Whosoever therefore shall humble himself as this little child, the same is greatest in the kingdom of heaven. Matt 18:4 (KJV)

Matayo 23: 12 And whosoever shall exalt himself shall be abased; and he that shall humble himself shall be exalted. Matt 23:12 (KJV)

Yakobo 4.10 10 Humble yourselves in the sight of the Lord, and he shall lift you up. James 4:10 (KJV)

1Petero 5.6

6 Humble yourselves therefore under the mighty hand of God, that he may exalt you in due time: 1 Peter 5:6 (KJV)

Ikigaragara muri ibi byanditswe byose ni uko ubu bushobozi bwo guca bugufi buba muri twe ntabwo ari ukubusaba Imana kuko buri gihe iratubwira ngo “Mwicishe bugufi”.

Dawidi yakunze kwerekana kwiyiriza ubusa nk’uburyo yakoreshaga mu kwicisha bugufi no gucisha bugufi umutima we.

Zaburi 35.13

13 But as for me, when they were sick, my clothing was sackcloth: I humbled my soul with fasting; and my prayer returned into mine own bosom. Psalms 35:13 (KJV)

Ushobora kureba ingero za kera aho abantu b’Imana bagiye bicisha bugufi muri ubu buryo. Dusomye mu gitabo cya Ezra tubona uburyo Ezira yitegura kuyobora ubwoko bw’impunzi z’Abayuda azivanye I Babuloni bajya I Yerusalemu. Imbere yabo hari urugendo rurerure cyane kandi rugoranye. Mu nzira hari amabandi(brigands) n’abanzi babo.

Bari kumwe n’abagore n’abana babo ndetse n’ibikoresho byo munzu y’Imana. Bakeneye umutekano uhamye mu rugendo ngo babashe gukomeza. Ezira afite uburyo 2 bwo gukoresha. Yashoboraga kwiyambaza umwami ukomeye(Emperor) w’Ubuperesi akabaha ingabo n’amafarashi byo kubaherekeza cyangwa se agahitamo kwizera Uwiteka Imana.

Soma

Ezira 8.21-23

21 Then I proclaimed a fast there, at the river of Ahava, that we might afflict ourselves before our God, to seek of him a right way for us, and for our little ones, and for all our substance. 22 For I was ashamed to require of the king a band of soldiers and horsemen to help us against the enemy in the way: because we had spoken unto the king, saying, The hand of our God is upon all them for good that seek him; but his power and his wrath is against all them that forsake him. 23 So we fasted and besought our God for this: and he was intreated of us. Ezra 8:21-23 (KJV)

Ezira yari afite uburyo 2: bumwe butegetswe n’umubiri(Carnal) ubundi bw’umwuka wera wo kwizera ko Imana izabarinda(Spiritual)

Iyo ashaka yari kwaka ingabo ntabwo cyari icyaha ariko kwari kuba ari ukwizera kwo hasi cyane. Niko guhitamo neza ahitamo kuyoborwa n’umwuka. Amen

GOSAF nayo iragomba kugira umuco wo guca bugufi binyuze cyane mu kwiriza ubusa ku biryo cyangwa ku mazi kugirango twakire kandi dutega amatwi ubushake bw’Imana kuri twe. Urugendo rw’I Yeriko rurimo narwo amabandi kuko niba mubyibuka niho wa musamariya mwiza yasanze wa muyuda wari waguye mu gice cy’abambuzi(brigands). Ibuka kandi ko mu magambo yo muri Ezira, Ezira nawe yari ayoboye abayuda mu nziza imeze nk’iyo. Nuko ahitamo gusenga no kwiyiriza ubusa yakira kurindwa n’Imana aho kurindwa n’ingabo z’abana b’abantu. Basenze Imana bayisaba umutekano bari bakeneye kandi Imana yarawubahaye.

Mu gitabo cya 2 Ingoma dusomamo inkuru ya Yuda ubwo Yehoshafati yari umwami:

2 Ingoma  20.2-4

2 Some men reported to Jehoshaphat, “A large crowd is coming against you from the other side of the Dead Sea, from Edom. The crowd is already in Hazazon Tamar” (also called En Gedi). 3 Frightened, Jehoshaphat decided to ask for the Lord's help. He announced a fast throughout Judah. 4 The people of Judah gathered to seek the Lord's help. They came from every city in Judah. 2 Chron 20:2-4 (GW)

Nuko Yehoshafati asenga isengesho asaba Imana kubafasha. Umurongo wa nyuma w’iryo sengesho urasobanutse cyane,aragira ati:

12Mana yacu ntiwakwemera kubahana? Nta mbaraga  dufite zarwanya izo ngabo nyinshi ziduteye,kandi tubuze uko twagira ariko ni wowe duhanze amaso.

12 You're our God. Won't you judge them? We don't have the strength to face this large crowd that is attacking us. We don't know what to do, so we're looking to you.” 2 Chron 20:12 (GW)

Interuro 2 z’ingenzi:

  • Nta mbaraga dufite
  • Ntituzi icyo twakora

Bamenye icyo gukora berekeza amaso yabo k’Uwiteka nawe arabumva.

Urundi rugero mu isezerano rya kera turarusanga mu mategeko yagenganga umunsi mukuru wa YOMU KIPURU(Day of Atonement):

Soma

Abalewi 16.29-31

29 “This will be a permanent law for you: On the tenth day of the seventh month both native Israelites and foreigners must humble themselves. They must do no work. 30 On this day Aaron will make peace with the Lord to make you clean. Then you will be clean from all your sins in the Lord's presence. 31 This is the most important worship festival there is for you. You will humble yourselves. It is a permanent law .Lev 16:29-31 (GW)

The yearly feast of atonement

29 And this shall be a statute for ever unto you: that in the seventh month, on the tenth day of the month, ye shall afflict your souls, and do no work at all, whether it be one of your own country, or a stranger that sojourneth among you: 30 For on that day shall the priest make an atonement for you, to cleanse you, that ye may be clean from all your sins before the Lord. 31 It shall be a sabbath of rest unto you, and ye shall afflict your souls, by a statute for ever.Lev 16:29-31 (KJV)

Yom Kippur /jQm "kIp@, kI"pU@/

· n. the most solemn religious fast of the Jewish year, the last of the ten days of penitence that begin with Rosh Hashana (the Jewish New Year).

– ORIGIN from Heb.

Tuzi neza ko mu mateka mu myaka igera 3500 Abayuda bakunze kwizihiza Yomu Kupuru(Atonement) umunsi wo kwezwa no kwiyunga n’Imana yabo.

atonement

· n.

1 reparation for a wrong or injury.

2 (the Atonement) Christian Theology the reconciliation of God and mankind through the death of Jesus Christ.

– ORIGIN C16: from at one + -ment.

No mu isezerano rishya dufite ibisa nabyo.

Soma Ibyakozwe n’intumwa 27.9

9 We had lost so much time that the day of fasting had already past. Sailing was now dangerous, so Paul advised them, 10 “Men, we're going to face a disaster and heavy losses on this voyage. This disaster will cause damage to the cargo and the ship, and it will affect our lives.” Acts 27:9-10 (GW)

Uyu munsi wari umunsi wo kwiyiriza ubusa(The Fast) niwo bita the Day of Atonement. Wakundaga kuba mu mpera z’ukwezi kwa 9 cyangwa mu ntango z’ukwa 10. Iyo igihe cy’ubukonje cyabaga gitangiye(Winter). Uyu wari umunsi wejejwe cyane kuri karindari ya Kiyahudi.

Reba ibintu 2 by’ingenzi:

  • Kwiyiriza ubusa bwari uburyo abantu baboneragamo ibisubizo Imana ibababarira ibyaha byabo kandi ibozaho gukiranirwa kwabo.
  • Uku kwezwa no kwakira imbabazi z’Imana byashobokeraga gusa ababyizera babinyujije mu kwiyiriza ubusa.

Umuntu utariyirizaga ubusa kuri uwo munsi wa Yomu Kipuru yajugunywaga hanze y’ubwoko bw’Imana akaba nk’ikivume. Murabona rero uburyo Imana yagiye yereka ubwoko bwayo ko kwiyiriza ubusa kurimo imbaraga nyinshi z’ubutsinzi mu bintu  bitandukanye.

Ibibazo:

  1. Nk’urugingo rw’umusamariya mwiza vuga mu magambo arambuye umumaro usanze mu gikorwa cyo kwiyiriza ubusa(amapaji 2)
  2. Ese ku bwawe urabona hatabayeho impamvu z’uburwayi,ubusaza cyangwa izindi Bibiliya itubwira hari uwakagombye gushyiraho urwitwazo rwo kutiyiriza ubusa? Sobanura igisubizo cyawe.

 Kwiyiriza ubusa mu buzima bwa Yesu Krisito

Nizera ko kwiyiriza ubusa ari ukurenga ibya kamere tugasat ira ibyo umwuka kuko kamere yacu ikunda kurya no kunywa. Ndibuka cyane iyo nagize umwanya wo kwiyiriza ubusa ni nabwo ndushaho kumva nkunze ibiryo ariko ubusanzwe mu buzima bwanjye ibiryo ndya ni bike rwose. Ariko Satani ahora ashaka kwereka abantu ko batariye bapfa. Inda tukayirutisha ubwiza buturuka mu kwiyiriza ubusa.(Theogene KAYIRANGA)

Nkuko twabivuze dutangira Yesu yiyirije ubusa ku biryo ariko bishoboke ko yanyweye amazi.

Soma

Luke 4.1-2

1 Jesus was filled with the Holy Spirit as he left the Jordan River. The Spirit led him while he was in the desert, 2 where he was tempted by the devil for 40 days. During those days Jesus ate nothing, so when they were over, he was hungry. Luke 4:1-2 (GW)

The temptation and fasting of Christ

1 And Jesus being full of the Holy Ghost returned from Jordan, and was led by the Spirit into the wilderness, 2 Being forty days tempted of the devil. And in those days he did eat nothing: and when they were ended, he afterward hungered. Luke 4:1-2 (KJV)

Hari ibintu 2 byabaye kuri Yesu yitegurira kujya mu murimo we:

  • Umwuka wera yaramumanukiye yuzura imbaraga zidasanzwe zo gukora uyu murimo nubwo atahise aherako ngo yinjire mu murimo.
  • Amara iminsi 40 n’amajoro 40 mu butayu ageragezwa na Satani.

 

Niba Yesu yarabonye ubutsinzi binyuze mu kwiyiriza ubusa simbona ukuntu hari uwo muri twe washaka ubutsinzi adashaka kujya afata akanya ko kwiyiriza ubusa!

Reka umusaruro kwiyiriza ubusa byatanze mu buzima bwa Yesu:

Luka 4.14

Nazareth Rejects Jesus

14 Jesus returned to Galilee. The power of the Spirit was with him, and the news about him spread throughout the surrounding country. 15 He taught in the synagogues, and everyone praised him.Luke 4:14-15 (GW)

Hari itandukaniro mu nteruro 2 zakoreshejwe:

  • Ajya mu butayu ijambo ry’Imana ritubwira ko yari yuzuye umwuka wera
  • Ariko avuye mu butayu agiye kubwiriza yagiye mu mbaraga z’Umwuka wera

Mu yandi magambo kuzura umwuka ni kimwe no kuba mu mbaraga z’umwuka ni ikindi. Kuva igihe yabatizwaga gukomeza umwuka wera yari ahari. Ariko kwiyiriza ubusa niko kwamanuye imbaraga z’umwuka kubana nawe mu buzima bwe no mu murimo we nta kirogoya. Nizera ko nka  GOSAF natwe ariyo nzira nta gisibya.

Yesu ubwe yarivugiye nyuma muri Yohana 14:12:

12 Verily, verily, I say unto you, He that believeth on me, the works that I do shall he do also; and greater works than these shall he do; because I go unto my Father. John 14:12 (KJV)

12 “I can guarantee this truth: Those who believe in me will do the things that I am doing. They will do even greater things because I am going to the Father. John 14:12 (GW)

Ndashaka gushimangira iki kintu: niba imirimo yose Yesu yakoze yarayitangije kwiyiriza ubusa,kandi tukaba dushaka gukomeza umurimo w’ubutumwa bwiza yadusigiye,birasobanutse kandi bishyize  mu gaciro ku bwanjye ko muri GOSAF  tugomba gutangirira aho Yesu nawe yatangiriye_KWIYIRIZA UBUSA.

Ibi Yesu yabyigishishije n’abigishwa be:

Matayo 6.17-18

Fasting

16 “When you fast, stop looking sad like hypocrites. They put on sad faces to make it obvious that they're fasting. I can guarantee this truth: That will be their only reward. 17 When you fast, wash your face and comb your hair. 18 Then your fasting won't be obvious. Instead, it will be obvious to your Father who is with you in private. Your Father sees what you do in private. He will reward you. Matt 6:16-18 (GW)

Reba ukuntu Yesu akoresha ijambo ngo NIMWIYIRIZA UBUSA(WHEN) bivuga ngo yari yizeye ko ari ibyo bategerezwaho gukora. Ntabwo yavuze ngo NIMURAMUKA mwiyrije ubusa kuko byari gusobanura ko bashatse babikora cyangwa bakabireka.

Iyo twiyiriza ubusa twagombye:

  • Guha abakene
  • Gusenga
  • Kwiyiriza ubusa

Abakirisito benshi bazemera nta mbebya ko tugomba gutanga no gusenga ariko baziyibagiza kwiyiriza ubusa kandi nabyo ni umwe mu mirimo tugomba kugerageza gukora.

Kwiyiriza ubusa mu itorero rya mbere

Ntabwo kwiyiriza ubusa byakozwe gusa na Yesu ahubwo n’itorero ryo mu isezerano rishya ryarabikoze. Mu byakozwe n’intumwa 13.1-4 dusomamamo ibyerekeranye n’itorero rya Antiyokiya:

1 Barnabas, Simeon (called the Black), Lucius (from Cyrene), Manaen (a close friend of Herod since childhood), and Saul were prophets and teachers in the church in Antioch. 2 While they were worshiping the Lord and fasting, the Holy Spirit said, “Set Barnabas and Saul apart for me. I want them to do the work for which I called them.” 3 After fasting and praying, Simeon, Lucius, and Manaen placed their hands on Barnabas and Saul, and released them {from their work in Antioch}. 4 After Barnabas and Saul were sent by the Holy Spirit, they went to the city of Seleucia and from there sailed to the island of Cyprus. Acts 13:1-4 (GW)

Murabona ko mu kwiyiriza ubusa ariho haturutse kuva mu bisanzwe bya kamere bakajya mu by’umwuka kandi bakabona n’ubutware buturuka ku Mana bwo kohereza 2 muri bo mu ivugabutumwa. Babishobojwe ni uko bose baciye bugufi mu kwiyiriza ubusa.

Ntabwo kwiyiriza ubusa byakorwaga 1 gusa ngo barekere ahubwo byakorwaga kenshi kandi ababaga bakiriye ubutumwa bwiza nabo bakigishwa ibyo kwiyiriza

ubusa.

Hari ibintu 2 byabaye mu iyogezabutumwa mu itorero rya mbere:

  • Kohereza intumwa
  • Gushakisha abakira ubutumwa(new converts) hatoranywa abakuru.

Itorero rya mbere ntabwo ryigeze rikora umwe muri iyi mirimo ritabanje kwiyiriza ubusa no gushaka ubushake bw’Imana no gufashwa na yo.

Dushobora kumva kandi ko gukura kw’itorero rya mbere byashingiye cyane mu kwiyiriza ubusa kwa rusange(Collective fasting)

Reka kandi dusome ubuhamya Pawulo we ubwe atanga kuko ari umwe mu bari muri icyo gikorwa. Mu 2 Bakorinto 6.4-6. Pawulo agira ati:

Our Lives Demonstrate That We Are God's Servants

3 We don't give people any opportunity to find fault with how we serve. 4 Instead, our lives demonstrate that we are God's servants. We have endured many things: suffering, distress, anxiety, 5 beatings, imprisonments, riots, hard work, sleepless nights, and lack of food. 6 {People can see} our purity, knowledge, patience, kindness, the Holy Spirit's presence {in our lives}, our sincere love, 2 Cor 6:3-6 (GW)

Ngaho rero reba ukuntu abagararagu b’Imana bakwiriye kunyuzamo bakagira umwiherero wabo n’Imana biyiriza ubusa uretse ko Pawulo yabonye ibirenze kuko hari hageretseho no gukubitwa n’ibindi….

Reka nshimangire kandi ko GOSAF izakomeza uyu muco kugeza aho bizaba bitakiri ukubihatira abantu ahubwo bizasa nk’ibyo kurya ubugingo bw’abagozafu bukeneye.

Ibibazo:

  1. Ese ujya wibuka ko uri umuvugabutumwa? Ibyo tumaze kwiga bikweretse ubuhe buryo ugiye gukora ngo ivugabutumwa ryawe rigende neza? Sobanura mu magambo arambuye kuri paji 1
  2. Kuki kwiyiriza ubusa kugomba kubanziriza igikorwa gikomeye cy’ivugabutumwa? Sobanura igisubizo cyawe.

Uko kuwiyiriza ubusa kuduhindura.

Tugiye kurebera hamwe ukuntu kwiyiriza ubusa guhindura imimerere yacu. Icyo ibyanditswe byera bitubwira cyane ni iki: imbaraga zituma ubuzima bwa Gikirisito bushoboka ni umwuka wera. None rero urufunguzo rw’ubwo buzima bwiza ni ugusenga kurimo no kwiyiriza ubusa. Yesu yarabisobanuye amaze kuzuka abibwira abigishwa be agira ati:

8 But you will receive power when the Holy Spirit comes to you. Then you will be my witnesses to testify about me in Jerusalem, throughout Judea and Samaria, and to the ends of the earth.” Acts 1:8 (GW)

Ubushake abantu bagira mu murimo w’Imana niwo utuma bifuza gutunganirizwa umurimo bakora.

  • Ubushake buragira buti: ndashaka
  • Ubwenge bukagira buti: ndatekereza
  • Amarangamutima akagira ati: ndumva(I feel)

Uku niko kamere ikora rero. Ibi bitatu bihindurwa biturutse mu mbaraga zo gusenga mu kwiyiriza.

Reba ukuntu Pawulo yarwanije ibyo irari ry’umubiri:

1 Abakorinto 9.25-27

25 Everyone who enters an athletic contest goes into strict training. They do it to win a temporary crown, but we do it to win one that will be permanent. 26 So I run—but not without a clear goal ahead of me. So I box—but not as if I were just shadow boxing. 27 Rather, I toughen my body with punches and make it my slave so that I will not be disqualified after I have spread the Good News to others. 1 Cor 9:25-27 (GW)

Derek Prince avuga inkuru y’ishuti ye wari umunyamategeko(Lawyer) I Washngton DC. Iyo nshuti ye yamwumvise abwiriza ubutumwa bwo kwiyiriza ubusa nay o ifata umunsi wo kwiyiriza ubusa. Ariko uyibera umunsi w’ingorabahizi. Uko yasohokaga akajya hanze yumvaga urukarango rumuhumurira agatima kakarehareha gashaka kurya. Nuko umunsi wenda kurangira abwira igifu cye ati: none rero wa Gifu we uyu munsi wigize akaraha kajya he. Wangoye cyane bitari ngombwa none ngiye kuguhana. N’ejo nziyiyiriza ubusa nk’uyu munsi.

None rero ibi biratwereka ko dushobora kuba abami b’inda zacu tukazitegeka.

Abagozafu nimufata igihe cyo kwiyiriza ubusa mujye mubwira inda undi wa nda we urakora ibyo umwuka undimo ukubwira gukora uyu munsi nzaguha ibiryo nyuma y’amasaha 24 cyangwa se 48(bizaterwa na gahunda wihaye).

Umusogongero w’imvura ya nyuma

Soma

Yoweli 1:13-14

13 Put on your sackcloth and mourn, you priests. Cry loudly, you servants of the altar. Spend the night in sackcloth, you servants of my God. Grain offerings and wine offerings are withheld from your God's temple. 14 Schedule a time to fast! Call for an assembly! Gather the leaders and everyone who lives in the land. Bring them to the temple of the Lord your God, and cry to the Lord for help. Joel 1:13-14 (GW)

 Imana irasubiramo aya magambo yo gusaba ubwoko bwayo kwiyiriza ubusa.

Joweli 2.12

The LORD Invites the People to Return to Him

12 “But even now,” declares the Lord, “return to me with all your heart— with fasting, crying, and mourning.” Joel 2:12 (GW)

Na none ukomeje muri Yoweli turasoma andi magambo agira ati:

15 Blow the ram's horn in Zion. Schedule a time to fast. Call for an assembly. 16 Gather the people. Prepare them for a holy meeting. Assemble the leaders. Gather the children, even the nursing infants.
Grooms leave their rooms. Brides leave their chambers. 17 The priests who serve the Lord cry between the altar and the entrance to the temple. They say, “Spare your people, O Lord. Don't let the people who belong to you become a disgrace. Don't let the nations ridicule them. Why should people ask, ‘Where is their God?'” Joel 2:15-17 (GW)

Imana na yo yemerera abantu bayo bari bamaze gusenga biyiriza ubusa.

Yoweli 2:23-29

23 People of Zion, be glad and find joy in the Lord your God. The Lord has given you the Teacher of Righteousness. He has sent the autumn rain and the spring rain as before. 24 The threshing floors will be filled with grain. The vats will overflow with new wine and olive oil.
25 “Then I will repay you for the years that the mature locusts, the adult locusts, the grasshoppers, and the young locusts ate your crops. (They are the large army that I sent against you.) 26 You will have plenty to eat, and you will be full. You will praise the name of the Lord your God, who has performed miracles for you. My people will never be ashamed again. 27 You will know that I am in Israel. I am the Lord your God, and there is no other. My people will never be ashamed again.

The LORD Will Pour His Spirit on All People

28 “After this, I will pour my Spirit on everyone. Your sons and daughters will prophesy. Your old men will dream dreams. Your young men will see visions. 29 In those days I will pour my Spirit on servants, on both men and women. Joel 2:23-29 (GW)

Aya magambo agaragara kandi  mu Byakozwe n’intumwa 2:16-18

16 Rather, this is what the prophet Joel spoke about:
17 ‘In the last days, God says, I will pour my Spirit on everyone. Your sons and daughters will speak what God has revealed. Your young men will see visions. Your old men will dream dreams. 18 In those days I will pour my Spirit on my servants, on both men and women. They will speak what God has revealed. Acts 2:16-18 (GW)

Reka nshime Imana ko ahari benshi dusobanukiwe n’akamaro ko kwiyiriza ubusa reka twese abagozafu tujye tubikora tubikunze twizeye kubikuramo ibisubizo byinshi mu buzima bwacu bwa buri munsi.

 

Ibibazo.

  1. Andika igika uhugurira GOSAF ku ikanisa ibyiza bikubiye mu kwiyiriza ubusa. Ubahe ingingo nyamukuru wifuza ko bamenya kuri iyo nyigisho nk’abazabyigisha abandi.

Byateguwe na Theogene KAYIRANGA(GP & MEMBER FOUNDER OF GOSAF)

Back

Search site

© 2012 All rights reserved. Konti y’Umuryango w’Umusamariya mwiza iba muri BPR ifite N° 461-2330765-11 yitwa GOSAF RWANDA